Mu gihe Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda imitwe yombi yamaze kwemeza ko ubusabe bw’abaturage ku guhindura Itegeko Nshinga kugira ngo Perezida Kagame yemerwe gukomeza kuyobora bufite ishingiro,kuri uyu wa gatatu Leta Zunze Ubumwe za Amerika zongeye kugaragaza ko zidashyigikiye na ga
Mu gihe mu gihugu cy’u Burundi abatari bake mu batavuga rumwe n’ubutegetsi bari mu biganiro n’ubutegetsi, Bwana Alexis Sinduhije mu kiganiro yagiranye na France 24 yatangaje ko umugambi uhari ari uwo gukura perezida Nkurunziza ku butegetsi uko byagenda kose.